Duheruka ubwo brave yaratwaye king ahantu tutaramenya niala nawe yari yungutse indi Nshuti
Dukomeze brave yarakomeje aragenda ndetse arenga kuri ya company icuruza ingingo zabana akameza no hirya bigaragara ko atariho yaramujyanye yageze imbere yiduka ry’imyenda maze arahagarara akuramo king maze abona kumupfukura
Brave: ngaho fora tuje gukoriki?
King:shn brave mwalimu yigisha iryo somo ryo gufora nari nasohotse pe rero sinabimenya cg reka ngeregeze uuuuh uje kugura imyenda
Brave: uuuh uri hafi yo kwegera ukuri ariko hari ikiburamo
King: igiki se kandi kibura?
Brave: tuje kuguta imyenda ntabwo nje kugura njyenyine
King yarishimye doreko ntanundi mwenda yarafite kuko agakapu ke umuvu waragatwaye
Barahashye ndetse bahaha byinshi maze barataha
Mugihe niala nawe yarari munzira atahanye na Ronnie doreko bari basigaye batahana buri munsi bageze aho batandukanira basezeranaho niala akebutse inyuma abona stone maze aramutegereza bakomezanya urugendo
Niala: stone kumbi wari inyuma yanjye ntiwambwira NGO nkurinde?
Stone: nabonaga ntamwanya wambonera daa nanze kwivanga
Niala: nooo uriya ni inshuti gusa wibagiwe ko twasezeranye kuba inshuti?ngaho ntukanyishishe haramakuru wamenye we?
Stone: shn nanubu ntacyo ndamenya pe
Niala: stone ndagusabye tangira wite kuri mama wawe umwerekeko ntakintu Uzi bitaribyo uzishyira mubyago
Stone: niala ndikubigeregeza pe gusa nanjye mbona atakwita ko ndi umwana we naramutinye pe nsigaye numva tutakwicarana no kumeza numvise ahubwo nijoro avuga ko company itangiye guhomba sinzi uwo bavuganaga kuri telephone .
Niala: stone ibyo ukora byose witonde nawe sinshaka kukubura gutyo gusa ,murugo rero no hariya ndacyeka utari uhazi tuzasubira ejo
King yicaye ari kureba movie brave aba arinjiye
Brave: ESE King ubusanzwe wakundaga film ko mbona utakizivamo?
King:erega sinabonaga ayo mahirwe ubu iyo ntareba film nsoma udukuru
Brave: njye ndananiwe rero ngiye kuryama dore bwanije
King: nanjye ndaza ndangije iyo episode harya brave uzagenda ryari?
Brave: ni next week(icyumweru gitaha)
King:ntakundi ubu nzongera nsubire kumuhanda niwigendera gusa sinzibagirwa ineza wangiriye ESE ko wagombaga kunsaba ibintu 2icya kabiri ni ikihe?
Brave:hhhhhh king iyi nzu sinyikodesha wigira ubwoba ,ntabwo mvuze ko nzayigusigira kuko uracyari umwana nubwo wanyuze muri byinshi haribyinshi ugikeneye kwiga kuri iyi si rero ikijyanye nicya kabiri nagombaga kugusaba kiragira kiti:wakwemeraga mucyumweru gitaha tuzajyana Ku ivuko?
King: what!ngewe cg uri kunkinisha?
Brave: king came on urumva kugukinisha mbivanamo iyihe nyungu ndi serious wana mbwira Niba tuzajyana kuko ndumva ntashaka kugusiga.
King: nifuzaga kuhareba mumafoto none ngiye kuhagera brave nkeka ko uri malaika Imana yanyoherereje
Brave: oya king nambaye umubiri nkawe pe ahubwo wandike ibyo ukeneye umbwire
King: icyo nkeneye se ko ari niala kandi utamubona Gusa wankoreye byinshi sinshaka gukomeza kukugora
Brave: wee nigeze nkubwirako ungora gira vuba ahubwo ubyandike, ibyangombwa byawe byo bari narabiteganyije kugirango ubyemeye tujyane ubwo gahunda ni next week.
mugitondo bazindutse bajya gushaka twadukoresho king yaraye yandika maze banyura ahantu hashungereye abantu benshi
Brave: tujye kureba icyabaye basanze abantu bashungereye umuntu wafashe numutima ntanumwe uri kugerageza kumufasha uretse umusore umwe waruri kumurwanaho amufasha brave yahamahaye ambulance nawe ajya gutanga ubutabazi bwibanze kuko aba yarabihuguriwe mugihe ambulance ije yaramufashije binjira ambulance bagiye baganira ndetse igitangaje uwatatswe n’umutima ni mama wa amyra uwo umusore in sharty musaza wa amyra
Sharty:wakoze bro uradutabaye mugihe abandi badutereranye
Brave: ESE nigutya mubayeho iyo umuntu agize ikibazo ntimufatanya?
Sharty:byihorere wamusore we kuva mushiki wanjye amyra yapfa abantu Bose badushinjaga urupfu rwe arinabyo byateye mama umutima ,mama yonze ko amyra ashyingiranwa nuwo akunda nyamara basi iyo yemera rocket nkumukwe we basi tuba twaramenye irengero ryumwana wamushiki wanjye yabyaye mbere yuko apfa.
Brave: mwazabajije uwo rocket?
Sharty:twumvise ko nawe yaje gupfa NGO yarwaye ikibyimba mu bwonko .eeh ndabona tugeze kubitaro brave yakoze ibishoboka we na king baritahira munzira batashye baganira
Brave: king kuva kare nabonaga uri mubitekerezo nibiki urimo?
King: ESE nibintu bihuriranye raa cg birasa oya ariko ESE uriya umusore abaye ari uncle wanjye
Brave:kuberako amazina we ahura nayababyeyi bawe ninkuru zikaba zisa
King:ndumva ko ari umuryango wanjye nungutse ikintu ngiye gukora NGO menye ukuri uramfasha?
Brave: cyane rwose ahubwo ni iki?Niki she king atekereje?